Sunday, July 7, 2024

Top 5 This Week

Related Posts

Menya uko byagendekeye uyu mugore umaze imyaka 30 gutera akabariro abyumva nk’ibihuha

Spread the love

Umugore amaze imyaka 30, nta mugabo cyangwa umusore umwikoza, byatumye gutera akabariro abyumva nk’amateka. None arikugisha inama y’icyo yakora.

Uyu mugore yagize ati:” Ndi umugore ufite imyaka 57 y’amavuko, nari mfite umuryango kandi n’ubatse imyaka ishize ubwo nari nkiri muto. Twari dufite abana babiri, ariko nyuma umugabo wanjye yaje kumenya ko ari umutinganyi. Ibi byabaye mu myaka 30 ishize. Nabayeho nta mukunzi ngira, mu gihe umugabo wanjye we yabonye undi ndetse bajya hanze y’igihugu.

Ntago natumye bimbuza kureba abandi bagabo. Nagiye nsohokera ahantu henshi ndi njyenyine cyangwa ndi hamwe n’inshuti zanjye. Rimwe na rimwe biba bigoye — urugero nk’iyo mu biruhuko arinjye mu gore njye nyine Uba wicaye afata ifunguro rya mugitondo njyenyine. Ndabizi abantu baba bongorerana kubera njye.

Ngira imico myinshi itandukanye, aho mpura n’abantu benshi ariko ntago njyambona umuntu utandukanye wambera umukunzi.

Urebye ni njye mugore w’umwirabura utinyutse akavuga mu gace kose. Ntago ndi muremure, ahantu mba ndi hose ngerageza guhaguruka, ariko ntago mbanshobora ku garagara, nayo ni indi mbogamizi mpura nayo. Nagiye ngerageza inshuro nyinshi kujya ku mbuga batereteraniraho ariko ngakundwa n’abasaza bo mu kigero cy’imyaka 70. mba ntifuza. mu byukuri ntago nzi icyo gukora.

Imyaka 30 ni myinshi, ntazi uburyohe bwo gufata umuntu nibura mu kiganza, mu byukuri ntihagire ikindi utekereza. Nararize inshuro nyinshi kubera ibi ariko nta gihinduka.

Nabaye mu nzu zigera kuri z’irindwi zitandukanye ariko nta nimwe nigeze ntereramo akabariro. ibintu numva bibabaje.

Inshuti zanjye ntago zijya zizera ko nta mukunzi ngira, kubera ukuntu ngira imico myiza, nkaba nshimishije kandi nkaba ndi umugore ugaragara neza.

None wamugira iyihe nama?

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

Popular Articles