Sunday, July 7, 2024

Top 5 This Week

Related Posts

Australia: Umuryango wabuze aho kuba nyuma yo kubura inzu yo gukodesha

Spread the love

Muri Australia Umuryango umaze igihe warabuze aho kuba nyuma yo kugerageza inshuro 60 basaba inzu ariko ntibikunde.

Umugore witwa Renee feehan ndetse n’umugabo we hamwe n’abana babuze Aho kuba nyuma yo guhabwa urwandiko rubateguza kuva munzu babagamo( pureyavi).

Gusa uyu mugore avuga ko bagize amahirwe inshuti yabo ikabemerera icumbi mu gihe batarabona inzu yo kubamo nk’umunyamuryango wabo.

Uyu mugore avuga ko bamaze kugerageza inshuro 60 basaba inzu ariko nanubu ntago bari babona igisubizo kizima.

Uyu muryango ukaba ushaka nibura inzu ifite ibyumba bitatu, itarengeje amadorali 550$ ku cyumweru kandi ikaba iherereye hagati yagace ka Boronia na Ferntree Gully ho muri Australia.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

Popular Articles